
East African Promoters itegura igitaramo ngarukamwaka cya East African Party, yemeje ko Meddy ari umwe mu bahanzi bazaririmbira abazitabira iki gitaramo kizaba kuwa 1 Mutarama 2019. Mushyoma Joseph uzwi nka Boubou, utegura ibi bitaramo, yabwiye IGIHE ko Meddy ariwe muhanzi bahisemo kubera ko ubwo aheruka mu Rwanda…