shadow

Abanya Kigese aho avuka baramushaka ngo aze yitabe inkiko anishyure imitungo yasahuye, anagaragaze aho imirambo y’abatutsi bari mu Nkambi za Byumba yayoboraga yayishyize. Jean Vivien HABYARIMANA yavukiye mu Cyahoze ari Komini Runda, muri secteur Kigese , akaba mwene Habyalimana Augustin  (Hutu) na Nyina MUKANDUTIYE…

shadow

Cristiano Ronaldo, rutahizamu w’ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani yatangaje ko inyandiko zose zikomeje kwifashishwa mu kumushinja icyaha cyo gufata ku ngufu ari impimbano. Ronaldo w’imyaka 33 ahakana ko mu 2009 yafashe ku ngufu Kathryn Mayorga, igikorwa uyu mugore avuga ko cyabereye muri hotel yo mu Mujyi wa Las…