ikiza ry’urubanza RAD 00005/2018/TGI/NYG mu ruhame ryo kuwa29/05/2019
Urubanzahttps://www.montjalinews.net/wp-content/uploads/2019/05/Urubanza.pdf
Urubanzahttps://www.montjalinews.net/wp-content/uploads/2019/05/Urubanza.pdf
Urukiko rw’Ibanze rwa Gacurabwenge rwatangiye kuburanisha urubanza ku ifunga n’ifungurwa by’agateganyo aho ubushinjacyaha burega Ets Kalinda VALENS kutuzuza inshingano no kutagira ibikoresho bihagije bigateza impanuka mu kirombe giherereye mu karere ka Kamonyi umurenge wa Rukoma mu Kagali ka Gishyeshye…
U Rwanda rutanga ikizere ku mibereho myiza y’abaturage , nkuko bigaragara mu ikiganiro Dr Chris Murray yabwiye The lancet ati “Hamwe turabona impinduka, ahandi ukabona ko rwose ibintu bidatirimuka, byose biterwa n’uko urwego rw’ubuzima rwubatse. Hari abashyiramo imbaraga, hari n’aho bitagenda uko…
Kamonyi-Ngamba: Umurambo w’umuntu watoraguwe ku nkombe z’uruzi rwa Nyabarongo kuwa 25 Ukwakira 2018 Kamonyi imirenge ya Runda, na Rukoma ,imaze kuba irimbi ry’abagwagasi, yihariye umuhigo wo kuba ahantu hamaze kuba irimbi ry’abagwagasi ikibazo cyaburiwe igisubizo ukuntu Akarere ka kamonyi ariho hamaze kuba…
Dr Frank Habineza ati “ ikosa si cyaha “ Uyu muraperikazi Odda Paccy yambuwe ubutore na Bamporiki, mu ibaruwa yasakajwe hose kubera amashusho agaragaza kutiyubaha aribyo byitwa amajyambere y’ikigihe,we akaba yarigeze gutangaza ko buri muririmbyi agira umwihariko we. Ati” ni challenge ! ” Umutahira…
Shampiyona ya Baskeball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangiranye ugutungurwa kuri LeBron James wakinaga umukino we wa mbere muri LA Lakers nyuma yo kuyijyamo avuye muri Cleveland Cavaliers. Los Angeles Lakers ni imwe mu makipe ahabwa amahirwe uyu mwaka yo kuba yakwegukana NBA cyangwa ikabasha guhangana na Golden…
Ibyaha biri kugenda byiyongera mu gihugu, bikongerera inkiko akazi ko kuburanisha imanza nyinshi zizinjiramo Mu itangizwa ry’Umwaka w’Ubucamanza wa 2018/2019, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Prof Sam Rugege, yabwiye Perezida wa Repubulika ko mu mwaka ushize hinjiye imanza nyinshi ugereranyije n’uwabanje.…
Kugira ubuzima bwiza buzira umuze guhera mu kugira isuku. Kugira isuku nabyo kujyana no gukaraba intoki, hakoreshejwe amazi meza n’isabune. Indwara zitandukanye abenshi barwara, zituruka ku gukoresha intoki zidakarabye neza, cyane cyane mu gihe bagiye gutegura no gufata amafunguro. Amabwiriza ya Minisiteri…
Nyakwigendera H.E Nelson LOLILO MANDELA YARATABARUTSE Intwali y’Ikirenga y’Afurika yepfo yaratabarutse Taliki ya 05 Ukuboza Ishyingurwa I Kunu kuri Gakondo taliki ya 15 Ukuboza 2013 . Isomo k’ubuzima bwa Nyakwigendera Nelson LOLILO Mandela Umunyapolitiki, w’umwunzi, umuhanga, umujyanama, umwalimu, impirimbanyi…
Bamwe mu bayobozi baba bihugiyeho aho gukora ibyo bashinzwe aho yanenze abiyandarika. Abayobozi basabwe kwirinda gutekinika no guhutaza abaturage ahanini bagamije inyungu zabo,ngo ntibyumvikana ukuntu ikintu kimwe cyaganirwaho imyaka irenze 5 kandi ntigikosorwe. Ruswa mu bucamanza na yo yagarutsweho, aho Professor Sam…