Ets Kalinda ikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro yagejejwe imbere y’ubutabera kubera impanuka yahitanye umukozi we I Gishyeshye!

Urukiko rw’Ibanze rwa Gacurabwenge rwatangiye  kuburanisha urubanza ku ifunga n’ifungurwa by’agateganyo aho ubushinjacyaha burega Ets  Kalinda VALENS  kutuzuza inshingano no kutagira ibikoresho bihagije bigateza impanuka mu kirombe  giherereye  mu karere ka Kamonyi umurenge wa Rukoma mu Kagali ka Gishyeshye…

shadow

U Rwanda  rutanga ikizere ku mibereho myiza y’abaturage , nkuko bigaragara mu  ikiganiro  Dr Chris Murray yabwiye The lancet  ati “Hamwe turabona impinduka, ahandi ukabona ko rwose ibintu bidatirimuka, byose biterwa n’uko urwego rw’ubuzima rwubatse. Hari abashyiramo imbaraga, hari n’aho bitagenda uko…

shadow

Dr Frank Habineza ati “ ikosa si cyaha “ Uyu muraperikazi Odda Paccy yambuwe ubutore na Bamporiki, mu ibaruwa yasakajwe hose  kubera amashusho  agaragaza kutiyubaha  aribyo byitwa amajyambere y’ikigihe,we akaba yarigeze gutangaza ko buri muririmbyi agira umwihariko we. Ati” ni challenge ! ”  Umutahira…

shadow

Shampiyona ya Baskeball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangiranye ugutungurwa kuri LeBron James wakinaga umukino we wa mbere muri LA Lakers nyuma yo kuyijyamo avuye muri Cleveland Cavaliers. Los Angeles Lakers ni imwe mu makipe ahabwa amahirwe uyu mwaka yo kuba yakwegukana NBA cyangwa ikabasha guhangana na Golden…

shadow

Ibyaha biri kugenda byiyongera mu gihugu, bikongerera inkiko akazi ko kuburanisha imanza nyinshi zizinjiramo Mu itangizwa ry’Umwaka w’Ubucamanza wa 2018/2019, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Prof Sam Rugege, yabwiye Perezida wa Repubulika ko mu mwaka ushize hinjiye imanza nyinshi ugereranyije n’uwabanje.…

shadow

Kugira ubuzima bwiza buzira umuze guhera mu kugira isuku. Kugira isuku nabyo kujyana no gukaraba intoki, hakoreshejwe amazi meza n’isabune. Indwara zitandukanye abenshi barwara, zituruka ku gukoresha intoki zidakarabye neza, cyane cyane mu gihe bagiye gutegura no gufata amafunguro. Amabwiriza ya Minisiteri…

shadow

Nyakwigendera H.E Nelson LOLILO MANDELA YARATABARUTSE Intwali y’Ikirenga y’Afurika yepfo yaratabarutse Taliki ya 05 Ukuboza Ishyingurwa I Kunu kuri Gakondo taliki ya 15 Ukuboza 2013 . Isomo k’ubuzima bwa Nyakwigendera Nelson LOLILO Mandela Umunyapolitiki, w’umwunzi, umuhanga, umujyanama, umwalimu, impirimbanyi…