Kamonyi: Maire Alice Kayitesi yagize ati “Kugeza ubu nta muturage uragira ikibazo ngo abure uko afashwa”

Maire Kayitesi Alice Ati “Kugeza ubu nta muturage uragira ikibazo ngo yegere ubuyobozi abure uko afashwa .Ariko kandi abaturage bacu si nkabo mu mugi tugira amahirwe yo kuba dufite igice kinini cy’ubuhinzi, umuntu ashobora kuba yakoraga ako kazi ariko atariko gusa atezeho amakiriro. Ikindi kandi umuco wo…

Agruni Ltd kubufatanye na EXCHANGE na ECOWERF mu gushaka igisubizo kirambye mu gukusanya ku byaza umusaruro ibishingwe.

Kuva taliki ya 4 -14 Ukuboza 2019, itsinda ry’abakozi ba Agruni Ltd riyobowe na Ngenzi Shiraniro Jean Paul ryagiye mu gihugu cy’Ububiligi mu mahugurwa yo gutunganya kinyamwuga ibishingwe, no kubungabunga ibidukikije, hifashishijwe ikorana buhanga rigezweho, rikoreshwa mu bihugu byateye imbere aho usanga bo batagira…

Umunyabanga Mukuru wungirije wa RIB ati “Twemera ko guhabwa amakuru ari uburenganzira bwanyu kandi Twubaha abanyamakuru”

Atangira ikiganiro n’abanyamakuru ku bufatanye n’Urwego rw’abanyamakuru bigenzura RMC na Legal aid Forum {LAF) ku nsanganyamatsiko igira iti” Uruhare rw’Itangazamakuru mu gukumira no kurwanya ibyaha” Umunyamabanga Mukuru wungirije wa RIB Isabelle Karihangabo arikumwe n’abakozi bakuru b’urwego…

Africa’s First Electric Motorcycle Company Celebrates 250,000 km Driven

KIGALI—On December 11th, 2019, Africa’s first electric vehicle company (Ampersand) celebrated 250,000 kilometers traveled by its 20 motorcycle taxis in Rwanda, with an event in Kigali. The distance—equal to circling the Earth more than 6 times!—is proof that electric motorcycles work in Africa and are ready to…

ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N°019/PS.IMB/NB/2019 : « KOMISIYO Y’U RWANDA ISHINZWE UBURENGANZIRA BW’IKIREMWAMUNTU NTA GIHAGARARO N’IJABO IGIFITE BYO GUTABARIZA ABANYARWANDA NGO BABA BAHOHOTERWA NA LETA YA UGANDA »

Bushingiye ku kiganiro Komisiyo y’Uburenganzira bw’ikiremwamuntu mu Rwanda yagiranye n’abanyamakuru maze ikamagana Leta ya Uganda iyishinja guhohotera Abanyarwanda baba muri icyo gihugu ; Bimaze kugaragara ko iyo Komisiyo y’Uburenganzira bw’Ikiremwamuntu mu Rwanda ikomeje gufunga amaso imbere y’ibikorwa…

RESOLUTIONS OF THE SPLM/A (IO) PEACE MECHANISMS CONSULTATIVE MEETING ON THE STATUS OF THE PEACE IMPLEMENTATION DECEMBER 8,2019, KHARTOUM, SUDAN

December 9th, 2019 The SPLM/SPLA (IO) Peace Mechanisms conducted a consultative meeting with the SPLM/SPLA (IO) leadership in Khartoum on December 8th, 2019. The meeting reviewed progress and challenges in the peace implementation during the extended 100 days of the Pre-Transitional Period. After extensive…

Urwego rw’Umuvunyi rwahuguye Abanyamakuru ku Itegeko ryerekeye kubona amakuru.

Abanyamakuru 15 bahembwe bwa mbere mu irushanwa ry’inkuru zicukumbuye n’urwego rw’Umuvunyi. Kuwa 20 ugushyingo 2019 Abanyamakuru 15 muri 30 bakoze amarushanwa ku nkuru zicukumbuye yateguwe n’urwego umuvunyi ku nshuro yambere. Iki gikorwa cyabanjirijwe n’ikiganiro cyari gifite insanganya matsiko igira iti…

Kayumbu: urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha bwasuye abaturage.

Umuhigo w’Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha n’uguha abaturage serivisi nziza ( R.I.B ) ikabasanga aho batuye ikabigisha , bakitandutakanya n’icyaha, kuwa 6 Ugushyingo 2019 yagiye mu karere Kamonyi Umurenge wa Kayumbu ndetse hiyongeraho na Nyarubaka bahabwa ijambo ngo bavuge ikibari k’umutima binigure…

Koperative ya Munyakayanza Andereya (KAMOTRACO) yihaye ububasha bwa Polisi ishami ry’ibinyabiziga!

Koperative ifite ikicaro ku Ruyenzi, Umurenge wa Runda, Akarere ka Kamonyi, Intaray’Amajyepfo, igizwe n’abanyamuryango 304 nkuko byatangajwe na Perezida wayo Munyakayanza Andereya ubwo hateranaga inama rusange kuwa 30 Ukwakira 2019 itegeganywa n’iteka numero 2/2019 rishyiraho urugaga rwabakora akazi ko gutwara…