shadow

Rayon Sports yegukanye igikombe cya shampiyona y’uyu mwaka w’imikino mu Rwanda nyuma yo gutsinda ikipe ya Kirehe FC ibitego 4-0. N’umukino utari woroshye  kuko ikipe yakirehe  gutsinda uyu mukino byari kuyongerera ikizere cyo kuguma mu kiciro cyambere muri shampiyona y’u Rwanda    naho Rayon Sport ikaba…

shadow

Imyaka isaga 130 irashize ku ikubitiro irushanwa ry,umupira wamaguru ribayeho (english football league)hari nandi yavuste nyuma yahinduye isura bitewe naho isi igeze, urebye nko   kunkweto, imyenda , imipira bakina  ,ibibuga bakiniraho  amategeko abagenga  nibindi… bitandukanye byagiye bihinduka bigashyirwa…

shadow

Ku wa 22 Nyakanga 2018 nibwo hamenyekanye inkuru y’incamugongo ko uwari umutoza w’ikipe y’abakinnyi b’amagare, Les Amis Sportif, Rugambwa Jean Baptiste, yakoze impanuka agahita yitaba Imana, avuye mu Karere ka Rubavu mu myiteguro ya Tour du Rwanda 2018. Uyu mugabo wafatwaga nk’umubyeyi wa benshi muri iyi kipe…

shadow

Shampiyona ya Baskeball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangiranye ugutungurwa kuri LeBron James wakinaga umukino we wa mbere muri LA Lakers nyuma yo kuyijyamo avuye muri Cleveland Cavaliers. Los Angeles Lakers ni imwe mu makipe ahabwa amahirwe uyu mwaka yo kuba yakwegukana NBA cyangwa ikabasha guhangana na Golden…

shadow

Cristiano Ronaldo, rutahizamu w’ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani yatangaje ko inyandiko zose zikomeje kwifashishwa mu kumushinja icyaha cyo gufata ku ngufu ari impimbano. Ronaldo w’imyaka 33 ahakana ko mu 2009 yafashe ku ngufu Kathryn Mayorga, igikorwa uyu mugore avuga ko cyabereye muri hotel yo mu Mujyi wa Las…

shadow

Uwahoze akinira ikipe ya Manchester United wanayigiriyemo ibihe byiza, Paul Scholes, yavuze ko yatunguwe no kubona umutoza Jose Mourinho ageze uyu munsi atarirukanwa ndetse ko akomeje gusebya ikipe ya Manchester United kubera amagambo akomeje gutangaza. Mu ijoro ryakeye, uyu mugabo usigaye akora ubusesenguzi kuri…