shadow

Inzira yari inzitane “nafunzwe ndi umunyamakuru kandi ntashye ndi    umunyamakuru bisobanura ko ntacitse intege na gombaga gukomeza umwuga wanjye.Turabashimiye ko mwadufashe akaboko. Kuwa 25 Ugushyingo 2018 Mont Jali News imaze imyaka itanu isohoye numero ya mbere ,Ubuyobozi bwa Mont Jali News bufashe uyu mwanya…

shadow

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda Dr. Richard Sezibera atangaza ko Abanyarwanda bakwiye kumva ko bafitanye umubano mwiza n’ibihugu bitandukanye ahanini ngo uyu mubano ukaba ushingiye ku bintu bitatu aribyo ubufatanye, ubwumvikane n’ubwubahane. Ibi Dr. Sezibera yabitangarije mu…

shadow

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gakenke barinubira akarengane bavuga ko bakorerwa na Leta binyuze mucyo yise kubakorera amaterasi (Gutrasa, imvugo ikoreshwa n’aba baturage). Aba baturage bavuga ko baranduriwe imyaka kenshi yewe ngo bagerageza no kuvuga bagacecekeshwa. Bamwe mu baganiriye na montjalinews batifuje ko…

shadow

Inzego z’umutekano  Polisi ,ingabo,n’umurenge wa Runda, bamaze kugaragaza ubushake n’ubushobozi bwo guhashya  inzoga z’inkorano muri iki gitondo cyo kuwa 22 Ugushyingo 2018,m’umurenge wa Runda ,Akagali ka Ruyenzi m’umudugudu wa Nyagacaca,  m’urugo rw’umuvuzi gakondo Gerard Ndahayo hafatiwemo…

shadow

Abatekereza b’amateka, bakunze kuvuga ibigwi n’ibirindiro by’umwami Kigeli Rwabugili, abandi bagatangarira ubutwari bwe butagamburuzwaga n’ingeruza z’I shyanga bwatumye yoromya amahanga kakahava. Umwami Rwabugili yagize ibishya byinshi ku butegetsi bwe no mu mateka y’u Rwanda, ku buryo bugaragarira buri…

shadow

Umunyarwanda yarabirangije ati Ukurusha umugore aba akurusha urugo  mugihe ufite umugore w’ingeso nziza, umukozi, akamenya kubana n’abandi ufite kwihanga , mbese akaba intangarugero kuburyo buri wese amufataho icyitegererezo akavuga ati koko kanaka urugo rwe rufite umugore nyamugore, wubashye utanga inama nziza…

shadow

Guinea, sierra Leone na RDC hakomejwe kuvugwa indwara ya Ebola kurubu yiganje mumajyaruguru ya Kivu(North Kivu) .Aho naherekeye kumupaka uhuza Congo na Uganda.Aho ni nko mugace ka Gisoro iherereye ku bilometero 162 uvuye mumajyaruguru  y’intara ya Kivu. Ibi bigashobora gutuma urujya nuruza rwabanyagihugu cya Congo…

shadow

Nyagatare cumi na babiri   ku Nshuro ya  gatatu  muri gereza y’abana bitabiriye ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza 2017-2018 Mu gihugu hose hateganyijwe ibizamini bisoza umwaka w’amashuri 2017-mu banyeshuri bakoze ikizamini harimo abana bafungiye muri Gereza juvenile prison akaba ari ikiciro cya gatatu,…

shadow

Martine Moïse, umugore wa Perezida wa Haïti     (Photo Internet mu ikoti ry’ubururu),   Martine Moïse, umugore wa Perezida wa Haïti  n’umwe mu baje mu nama yo kuboneza urubyaro, yatangiye ku wa 12 ikazasozwa kuya 15 Ugushyingo 2018, Madamu Martine yageze ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali…