shadow

Iyo Perezida w’Igihugu avuze bihinduka itegeko. Ati : “Ubwo ni muca amagare, bivuze ko tuzaca n’abantu bagendaga mu modoka, abantu bagendeshe amaguru.” Hari kuwa 18 Kanama 2014, ubwo yakiraga indahiro z’abagize Guverinoma, anenga icyemezo cyo guca amagare mu muhanda. Abanyonzi bongeye kuririra mu myotsi…

shadow

Urukumbuzi rwa Sekarama Naraye urukumbuzi runsaguka ku mutima Nti « Bucye nsange umugabo untunza, Tujye gutarama mu Ndinzi. Ndamukumbura sinsibire, Ngasa n’ imvura ikumbuye Igihugu; Ngasubiza iyo mu Mpungwe, Ngenda ay’ abasore, Ay’ abasaza nkayarorera ! Naterera i Karimba. Ngasanga umurimbo uvuna umushongore,…

shadow

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kinoni Uwamahoro Julienne yafashwe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha mu Rwanda (Rwanda Investigation Bureau) ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Ukuboza 2018, saa moya z’umugoroba yakira Ruswa, ingana n’ibihumbi Magana abiri (200,000frw) by’amafaranga y’u…

shadow

Mu buzima busanzwe bw’abanyarwanda dufite imyemerere, imyifatire, imivugire, imirire, imyambarire n’ibindi dukomora ku murage w’abasekuruza bacu bituranga nk’umuco, aho tugira indangagaciro na kirazira zawo, tutirengagije ko umuco aho uva ukagera ukura, ndetse ukanatanga umusanzu mu iterambere ry’igihugu.…

shadow

Ubuyobozi bw’ akarere ka Rubavu buratangaza ko abarwanyi barindwi bikekwa ko babarizwaga mu mutwe wa FDLR baraye barasiwe mu Murenge wa Busasamana uhana imbibi na Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo ubwo bashakaga kwinjira mu Rwanda mu ijoro ryo kuri iki cyumweru rishyira ku wa mbere, ahagana saa sita z’ijoro.…

shadow

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente kuri uyu wa Kabiri tariki ya 04 Ukuboza 2018, yagejeje ku Nteko (imitwe yombi) Raporo ikubiyemo gahunda ya Guverinoma ku byereke kubaka imihanda mu gihugu, ibyakozwe n’ibiteganywa gukorwa, anavuga ko Leta yiyemeje ko imihanda yose ya kaburimbo izubakwa mu myaka irindwi iri…

shadow

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo buratangaza ko mu gihe cy’ukwezi hakorwa igenzura mu mirenge itandukanye igize aka karere, abana basaga 600 bari hagati y’imyaka 14 na 20 basambanyijwe bakanaterwa inda. Ibi ni ibitangazwa na Richard Gasana Umuyobozi w’akarere ka Gatsibo, nyuma y’umukwabu wo gushakisha abihishe…

shadow

Mu kigo cyagenewe gusubiza mu buzima busanzwe  abavuye ku rugerero (Rwanda Demobobilisation and Reintagration Program) kiri mu Murenge wa Gataraga, Akagali Rubindi, mu Karere ka Musanze hatangiye kwakirwa abahoze muri FDLR mu nkambi za Kisangani, Kanyabayonga na Walungu iherereye muri Kivu y’amajyaruguru,…

shadow

Abanyamabanga  cumi na babiri b’imirenge igize akarere ka Kamonyi bongeye kwiyemeza guhigura umuhigo w’ubwiherero bemeye nyuma y’amezi icumi babyemereye Mariya Roza Mureshyankwano wasinbuwe na Gasana Emmanuel uyoboye iyi ntara kugeza ubu, izi ntumwa 12 z’akarere mu mirenge zikaba zongeye guhiga ko bitarenze…

shadow

Abamotari bakorera umwuga wabo mu mujyi wa Kigali baravuga ko akenshi barenganywa bagahanirwa n’amakosa adakwiye  kuko batayabona nk’ikosa cyangwa gukora ibinyuranyije n’itegeko. Bavuga ko hari ubwo uhanwa ngo utwaye umuntu ufite umuzigo, kandi wenda ako kantu atwaye kari gato ku buryo bitakubuza kumugeza iyo…