shadow

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente kuri uyu wa Kabiri tariki ya 04 Ukuboza 2018, yagejeje ku Nteko (imitwe yombi) Raporo ikubiyemo gahunda ya Guverinoma ku byereke kubaka imihanda mu gihugu, ibyakozwe n’ibiteganywa gukorwa, anavuga ko Leta yiyemeje ko imihanda yose ya kaburimbo izubakwa mu myaka irindwi iri…

shadow

Mu kigo cyagenewe gusubiza mu buzima busanzwe  abavuye ku rugerero (Rwanda Demobobilisation and Reintagration Program) kiri mu Murenge wa Gataraga, Akagali Rubindi, mu Karere ka Musanze hatangiye kwakirwa abahoze muri FDLR mu nkambi za Kisangani, Kanyabayonga na Walungu iherereye muri Kivu y’amajyaruguru,…

shadow

kuri uyu wa Gatatu tariki 31 Ukwakira 2018,  Madamu Jeannette Kagame yagaragaje ko ejo hazaza ha Afurika hazashingira ku ngamba zikomeye zigamije guhashya ruswa mu nzego zose. Yabitangaje, ubwo yatangizaga Inama y’iminsi ibiri yateguwe n’Inteko Ishinga Amategeko Nyafurika ku Burenganzira bw’Abagore igamije…

shadow

Madame Nirere Madeleine  yagejeje raporo imbere y’Inteko Ishinga Amategeko ivuga ku bikorwa byayo yatangaje ko yasanze hari ubucukike bw’imfungwa n’abagororwa mu magereza yo mu  Rwanda by’umwihariko nk’iya Rwamagana basanze yuzuye ku kigero cya 244% ugereranyije n’ubushobozi bw’abo ikwiriye kwakira.…

shadow

Noble Marara,yashinze RRM ayirukanwamo n’abandi ba fondateur batatu aribo,Andre Kazigaba, na Camile Nkurunziza bigaragaza ko .urwishe ya nka rukiyirimo, umurilimbyi ati “Afurika warababaye,Afurika warakubititse,mu mashuri no mu milimo haba ironda ry’akarere none mu mashyaka birabakurikiranye .” Kwi kubitiro…

shadow

Guverineri Emmanuel Gasana yitegereje  Amasaro atatse iyi nkoni asanga   arusha uburebure ibibazo biri mu Ntara agiye kuyobora! Intara y’Amajyepfo yakiriye Guverineri  Emmanuel Gasana, akaba ugira gatanu  mu bayobozi  bayo ,mu muhango wo ku mwakira wabereye ku Kicaro cy’Intara y’amajyepfo, ahari hateraniye…

shadow

Mu 1995 nibwo Mukamurangwa Sebera Henriette yinjiye mu Nteko Ishinga Amategeko, umutwe w’abadepite, mu bihe byari bigoye kuko byari nyuma y’amezi make Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe. By’umwihariko byari ibihe bikomeye kuri Mukamurangwa wari umaze kwicirwa abe muri Jenoside barimo umugabo, ndetse no ku…

shadow

Isi ihagurukiye kurwanya indwara zitandukanye zikomeye zifite ibizitera bitandukanye, ariko hari izindi zirengagizwa kandi nazo zifite ingaruka nyinshi zirimo guhitana ubuzima bw’abantu. U Rwanda rwamaze kurandura burundu zimwe muri zo, izindi nazo ziri mu nzira yo gucika mu Rwanda. Inama ya mbere yiga ku buryo bwo…