shadow

Isi ihagurukiye kurwanya indwara zitandukanye zikomeye zifite ibizitera bitandukanye, ariko hari izindi zirengagizwa kandi nazo zifite ingaruka nyinshi zirimo guhitana ubuzima bw’abantu. U Rwanda rwamaze kurandura burundu zimwe muri zo, izindi nazo ziri mu nzira yo gucika mu Rwanda. Inama ya mbere yiga ku buryo bwo…

shadow

U Burusiya burateganya kohereza ibindi bikoresho bya gisirikare n’abatoza 60 bo gufasha abasirikare ba Centrafrique, mu guhangana n’imitwe yitwaje intwar U Burusiya bwatanze inkunga y’imbunda amagana n’abatoza 175 muri Centrafrique mu ntangiriro z’uyu mwaka, mu gufasha iki gihugu guhashya imitwe yitwaje…

shadow

Umuhanzikazi Sheebah Karungi wo mu gihugu cya Uganda yatangaje ko mu myaka amaze mu muziki yakuye isomo rikomeye ku buryo yitwara ku rubyiniro, imyambarire ye n’ibindi byinshi bituma abantu batari bacye bavuga ko ari ‘indaya’.   Ugbliz yanditse ko Sheebah yaje kumenya impamvu atukwa akitwa ‘indaya’ na…

shadow

Umukamo bawugemura ku makaragiro kugira ngo babone amafaranga yo gukemuza ibibazo bitandukanye byo mu muryango, bigatuma abana netse n’abakuru banywa amata mu mpera z’icyumweru gusa, kuko aribwo aho bagemura amata badakora. Mujawayezu Marie Rose, ni umugore uvuga ko we n’umugabo we boroye inka mu nkengero…

shadow

Kugira ubuzima bwiza buzira umuze guhera mu kugira isuku. Kugira isuku nabyo kujyana no gukaraba intoki, hakoreshejwe amazi meza n’isabune. Indwara zitandukanye abenshi barwara, zituruka ku gukoresha intoki zidakarabye neza, cyane cyane mu gihe bagiye gutegura no gufata amafunguro. Amabwiriza ya Minisiteri…

shadow

Cristiano Ronaldo, rutahizamu w’ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani yatangaje ko inyandiko zose zikomeje kwifashishwa mu kumushinja icyaha cyo gufata ku ngufu ari impimbano. Ronaldo w’imyaka 33 ahakana ko mu 2009 yafashe ku ngufu Kathryn Mayorga, igikorwa uyu mugore avuga ko cyabereye muri hotel yo mu Mujyi wa Las…

shadow

Uwahoze akinira ikipe ya Manchester United wanayigiriyemo ibihe byiza, Paul Scholes, yavuze ko yatunguwe no kubona umutoza Jose Mourinho ageze uyu munsi atarirukanwa ndetse ko akomeje gusebya ikipe ya Manchester United kubera amagambo akomeje gutangaza. Mu ijoro ryakeye, uyu mugabo usigaye akora ubusesenguzi kuri…