shadow

U Burusiya burateganya kohereza ibindi bikoresho bya gisirikare n’abatoza 60 bo gufasha abasirikare ba Centrafrique, mu guhangana n’imitwe yitwaje intwar U Burusiya bwatanze inkunga y’imbunda amagana n’abatoza 175 muri Centrafrique mu ntangiriro z’uyu mwaka, mu gufasha iki gihugu guhashya imitwe yitwaje…

shadow

Cristiano Ronaldo, rutahizamu w’ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani yatangaje ko inyandiko zose zikomeje kwifashishwa mu kumushinja icyaha cyo gufata ku ngufu ari impimbano. Ronaldo w’imyaka 33 ahakana ko mu 2009 yafashe ku ngufu Kathryn Mayorga, igikorwa uyu mugore avuga ko cyabereye muri hotel yo mu Mujyi wa Las…

shadow

Uwahoze akinira ikipe ya Manchester United wanayigiriyemo ibihe byiza, Paul Scholes, yavuze ko yatunguwe no kubona umutoza Jose Mourinho ageze uyu munsi atarirukanwa ndetse ko akomeje gusebya ikipe ya Manchester United kubera amagambo akomeje gutangaza. Mu ijoro ryakeye, uyu mugabo usigaye akora ubusesenguzi kuri…