shadow

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kinoni Uwamahoro Julienne yafashwe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha mu Rwanda (Rwanda Investigation Bureau) ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Ukuboza 2018, saa moya z’umugoroba yakira Ruswa, ingana n’ibihumbi Magana abiri (200,000frw) by’amafaranga y’u…

shadow

Ubuyobozi bw’ akarere ka Rubavu buratangaza ko abarwanyi barindwi bikekwa ko babarizwaga mu mutwe wa FDLR baraye barasiwe mu Murenge wa Busasamana uhana imbibi na Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo ubwo bashakaga kwinjira mu Rwanda mu ijoro ryo kuri iki cyumweru rishyira ku wa mbere, ahagana saa sita z’ijoro.…

shadow

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo buratangaza ko mu gihe cy’ukwezi hakorwa igenzura mu mirenge itandukanye igize aka karere, abana basaga 600 bari hagati y’imyaka 14 na 20 basambanyijwe bakanaterwa inda. Ibi ni ibitangazwa na Richard Gasana Umuyobozi w’akarere ka Gatsibo, nyuma y’umukwabu wo gushakisha abihishe…

shadow

Abamotari bakorera umwuga wabo mu mujyi wa Kigali baravuga ko akenshi barenganywa bagahanirwa n’amakosa adakwiye  kuko batayabona nk’ikosa cyangwa gukora ibinyuranyije n’itegeko. Bavuga ko hari ubwo uhanwa ngo utwaye umuntu ufite umuzigo, kandi wenda ako kantu atwaye kari gato ku buryo bitakubuza kumugeza iyo…

shadow

Kuvamo kw’inda itaragera igihe cyo kuvuka (miscarriage) bishobora guterwa n’impamvu zitandukanye ahanini zishingiye ku mibereho y’umuntu ku giti cye cyangwa imitereren’imikorere y’umubiri we. Zimwe mu mpamvu zishobora gutera inda kuvamo, harimo nko kuba umwana uri mu nda atameze neza cyangwa se kuba…

shadow

Guinea, sierra Leone na RDC hakomejwe kuvugwa indwara ya Ebola kurubu yiganje mumajyaruguru ya Kivu(North Kivu) .Aho naherekeye kumupaka uhuza Congo na Uganda.Aho ni nko mugace ka Gisoro iherereye ku bilometero 162 uvuye mumajyaruguru  y’intara ya Kivu. Ibi bigashobora gutuma urujya nuruza rwabanyagihugu cya Congo…

shadow

Mu 1995 nibwo Mukamurangwa Sebera Henriette yinjiye mu Nteko Ishinga Amategeko, umutwe w’abadepite, mu bihe byari bigoye kuko byari nyuma y’amezi make Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe. By’umwihariko byari ibihe bikomeye kuri Mukamurangwa wari umaze kwicirwa abe muri Jenoside barimo umugabo, ndetse no ku…

shadow

Isi ihagurukiye kurwanya indwara zitandukanye zikomeye zifite ibizitera bitandukanye, ariko hari izindi zirengagizwa kandi nazo zifite ingaruka nyinshi zirimo guhitana ubuzima bw’abantu. U Rwanda rwamaze kurandura burundu zimwe muri zo, izindi nazo ziri mu nzira yo gucika mu Rwanda. Inama ya mbere yiga ku buryo bwo…

shadow

Kugira ubuzima bwiza buzira umuze guhera mu kugira isuku. Kugira isuku nabyo kujyana no gukaraba intoki, hakoreshejwe amazi meza n’isabune. Indwara zitandukanye abenshi barwara, zituruka ku gukoresha intoki zidakarabye neza, cyane cyane mu gihe bagiye gutegura no gufata amafunguro. Amabwiriza ya Minisiteri…