shadow

  Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Bugesera, umurenge wa Shyara, akagali ka Rutare bavuga ko kuba ahanini batakiganiriza abana babo ibirebana n’Umuco biterwa n’indimi z’amahanga abana bigishirizwa ku ishuri bataha guhuza ikiganiro bikagorana. Bavuga ko kera Umuco utaracika umwana yavaga ku ishuri agataha…

shadow

Nyakubahwa Koresha ububasha muhabwa n’itegeko mugamburuze WASAC ikureho ibiciro bihanitse by’amazi yashyizeho.Amazi n’Ubuzima kuzamura ibiciro kwa WASAC  n’ukubangamira umuturage, akazongera kuvoma ibirohwa! Hashize iminsi WASAC izamuye ibiciro by’amazi, abaturage batandukanye babitangaho ibitekerezo,…

shadow

Urugo rwari urw’umugabo witwa Haridi wahise atabwa muri yombi n’inzego z’umutekano akaba afungiye kuri Sitasiyo ya Runda Ku italiki ya 03 Mutarama 2019, ubwo  Abafundi bacukuraga fondasiyo bubaka baguye ku cyobo cyarimo imibiri y’abantu 11 batamenyekanye , mu kagali ka Gihara, umurenge wa Runda, mu Karere…

shadow

Kuri uyu wa kane tariki ya 10 Mutarama 2019, Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangije mu gihugu hose ibikorwa byo kurwanya abamotari batagira ibyangombwa, ahanini ngo usanga ari nayo ntandaro yo gukora ibinyuranyije n’amategeko bikaba byanatera impanuka. Ubwo hatangizwaga iki gikorwa,…

shadow

Abaturage bo mu kagali ka Rugimbu, Umurenge wa Kivuruga, akarere ka Gakenke bavuga ko bafite impungenge zo kuba amapoto bashingiwe bizeye ko bagiye guhabwa umuriro, agiye gusaza batarawubona kuko ngo amaze imyaka irenga ibiri ashinzwe. Iyo uganira nabo, babivuga nk’abatebya (batera urwenya) ariko ukumva babivugana…

shadow

      Ikimoteri cya Nduba  kigiye kwambika  Ubusa Min. Claver Gatete kubera amabwiriza aha umujyi wa Kigali Amakuru  agaragaza ko kugeza ubu umujyi wa Kigali wimye isosiyete y’abanayarwanda amasezerano nyuma y’ipiganwa ryakozwe n’amasosiyete atatu harimo iyo muri Afurika y’Epfo, Ibirwa bya Maurice na…

shadow

Maire Rwakazina Marie Chantal ahanzwe amaso mu gukemura ikibazo cy’ikimoteri cya Nduba Gasabo ahabarizwa  ikimoteri cya Nduba  mu murenge wa Nduba, Akarere ka Gasabo, umuryango wa  Nyakwigendera Manirafasha Eulade w’imyaka 39, utuye mu kagali ka Mureremure, umudugugu wa Musezero, kuri uyu wa mbere tariki ya 07…

shadow

Ubwonko ni igice cy’urwungano rw’imyakura rworohereye cyane, rwangirika ubusa, kandi rushobora kwangizwa na byinshi. Ubwonko kandi ni rwo rugingo rusobetse cyane, ndetse ruruhije gusobanukirwa mu mikorere yarwo kuko bugizwe n’ingirangingo fatizo zigera kuri miliyari ijana(100.000.000.000). Kuva mu isamwa kugera…

shadow

Iyo Perezida w’Igihugu avuze bihinduka itegeko. Ati : “Ubwo ni muca amagare, bivuze ko tuzaca n’abantu bagendaga mu modoka, abantu bagendeshe amaguru.” Hari kuwa 18 Kanama 2014, ubwo yakiraga indahiro z’abagize Guverinoma, anenga icyemezo cyo guca amagare mu muhanda. Abanyonzi bongeye kuririra mu myotsi…