
Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Bugesera, umurenge wa Shyara, akagali ka Rutare bavuga ko kuba ahanini batakiganiriza abana babo ibirebana n’Umuco biterwa n’indimi z’amahanga abana bigishirizwa ku ishuri bataha guhuza ikiganiro bikagorana. Bavuga ko kera Umuco utaracika umwana yavaga ku ishuri agataha…