U Rwanda rwahumurije Abanyekongo bahunze iruka rya Nyiragongo

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Jean Marie Vianney Gatabazi, yasuye Abanyekongo bahungiye mu Rwanda mu ijoro ryo ku wa 22 Gicurasi 2021, kubera iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo abizeza ko Leta y’u Rwanda ibahumuriza kandi ibari hafi. Abanyekongo bahungiye mu Rwanda babarirwa mu bihumbi umunani harimo…

shadow

Icyogajuru BepiColombo cyoherejwe mu bushakashatsi ku mubumbe wa Mercure, urugendo rwa kilometero miliyari zirinzdwi rwitezweho kuzafata imyaka irindwi. BepiColombo yoherejwe mu kirere iturutse muri Amerika y’Epfo, yitwaje ibikoresho bibiri bizwi nka “sondes’ birimo icyakorewe mu Kigo gishinzwe ibirebana…

shadow

Shampiyona ya Baskeball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangiranye ugutungurwa kuri LeBron James wakinaga umukino we wa mbere muri LA Lakers nyuma yo kuyijyamo avuye muri Cleveland Cavaliers. Los Angeles Lakers ni imwe mu makipe ahabwa amahirwe uyu mwaka yo kuba yakwegukana NBA cyangwa ikabasha guhangana na Golden…

shadow

U Burusiya burateganya kohereza ibindi bikoresho bya gisirikare n’abatoza 60 bo gufasha abasirikare ba Centrafrique, mu guhangana n’imitwe yitwaje intwar U Burusiya bwatanze inkunga y’imbunda amagana n’abatoza 175 muri Centrafrique mu ntangiriro z’uyu mwaka, mu gufasha iki gihugu guhashya imitwe yitwaje…

shadow

Umuhanzikazi Sheebah Karungi wo mu gihugu cya Uganda yatangaje ko mu myaka amaze mu muziki yakuye isomo rikomeye ku buryo yitwara ku rubyiniro, imyambarire ye n’ibindi byinshi bituma abantu batari bacye bavuga ko ari ‘indaya’.   Ugbliz yanditse ko Sheebah yaje kumenya impamvu atukwa akitwa ‘indaya’ na…