U Rwanda rwahumurije Abanyekongo bahunze iruka rya Nyiragongo
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Jean Marie Vianney Gatabazi, yasuye Abanyekongo bahungiye mu Rwanda mu ijoro ryo ku wa 22 Gicurasi 2021, kubera iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo abizeza ko Leta y’u Rwanda ibahumuriza kandi ibari hafi. Abanyekongo bahungiye mu Rwanda babarirwa mu bihumbi umunani harimo…