shadow

Muri Kigali hagiye kubera igitaramo cyo gutabariza Uwitonze Hosiane ufite uburwayi bukomeye yatewe n’impanuka yakoze mu myaka 5 ishize. Kuva akoze impanuka kugeza ubu ntabasha kugenda dore ko agendera mu kagare. Icyakora hari icyizere ko agiye kwivuriza mu Buhinde yakira. Igitaramo cyo gufasha Uwitonze Hosiane…

shadow

Nyuma yaho Leta y’u Rwanda ishyiriyeho gahunda y’icyerekezo 2020 kigamije guteza imbere ikoranabuhanga no guteza imbere ubukungu bushingiye ku bumenyi, havutse ibigo bitandukanye bigamije guteza imbere ikoranabuhanga bityo ababishoyemo imari batangira gukirigita ifaranga. Ikoranabuhanga ubu ryatangiye no gukoreshwa…

shadow

Kimwe n’abandi bamwe na bamwe mu bahanzi, umuhanzi ukizamuka Kane afite abo akomoraho impano barimo n’umuhanzi uzwi kandi ukunzwe na benshi mu Rwanda. Mu kiganiro cyihariye twagiranye n’uyu muhanzi yadutangarije byinshi bijyanye n’umuziki we. Amazina yiswe n’ababyeyi ni Inshuti Prosper akaba akoresha Kane…

shadow

Nzaramba Eric wamamaye nka Senderi International Hit yaririmbiye abanyeshuri ba kaminuza ya UNILAK mu muhango wo kwinjiza intore mu zindi. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Ukwakira 2018 aho Senderi ari we muhanzi waririmbiye abanyeshuri bitabiriye uyu muhango wo guha ikaze intore mu zindi, bivuze kwakira…