shadow

Muri Kigali hagiye kubera igitaramo cyo gutabariza Uwitonze Hosiane ufite uburwayi bukomeye yatewe n’impanuka yakoze mu myaka 5 ishize. Kuva akoze impanuka kugeza ubu ntabasha kugenda dore ko agendera mu kagare. Icyakora hari icyizere ko agiye kwivuriza mu Buhinde yakira. Igitaramo cyo gufasha Uwitonze Hosiane…

shadow

Shampiyona ya Baskeball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangiranye ugutungurwa kuri LeBron James wakinaga umukino we wa mbere muri LA Lakers nyuma yo kuyijyamo avuye muri Cleveland Cavaliers. Los Angeles Lakers ni imwe mu makipe ahabwa amahirwe uyu mwaka yo kuba yakwegukana NBA cyangwa ikabasha guhangana na Golden…

shadow

Diamond Platnumz yahakanye ibivugwa ko yaba yaratangiye kwingingira Zari Hassan babanaga kumuha imbabazi, yemeza ko nubwo amaze iminsi akora ingendo muri Afurika y’Epfo aba yagiye guhura n’abana babyaranye gusa. Urukundo rw’aba bombi rwageze ku ndunduro ku wa 14 Gashyantare 2018, ku munsi wahariwe abakundana…

shadow

Nyuma yaho Leta y’u Rwanda ishyiriyeho gahunda y’icyerekezo 2020 kigamije guteza imbere ikoranabuhanga no guteza imbere ubukungu bushingiye ku bumenyi, havutse ibigo bitandukanye bigamije guteza imbere ikoranabuhanga bityo ababishoyemo imari batangira gukirigita ifaranga. Ikoranabuhanga ubu ryatangiye no gukoreshwa…

shadow

Abakurikirana ikinamico Urunana bazi cyane Budensiyana ukinamo acisha make gusa agahura n’ibibazo by’ubuzima ntagire n’amahirwe mu rukundo. Akina ashushanya umukobwa uba mu cyaro cya Nyarurembo wavukiye mu muryango utifashije. Yakinaga abana na se witwa Kideyo [Bamporiki Edouard] uba ari umusaza ukunda agahiye…

shadow

East African Promoters itegura igitaramo ngarukamwaka cya East African Party, yemeje ko Meddy ari umwe mu bahanzi bazaririmbira abazitabira iki gitaramo kizaba kuwa 1 Mutarama 2019. Mushyoma Joseph uzwi nka Boubou, utegura ibi bitaramo, yabwiye IGIHE ko Meddy ariwe muhanzi bahisemo kubera ko ubwo aheruka mu Rwanda…

shadow

Kimwe n’abandi bamwe na bamwe mu bahanzi, umuhanzi ukizamuka Kane afite abo akomoraho impano barimo n’umuhanzi uzwi kandi ukunzwe na benshi mu Rwanda. Mu kiganiro cyihariye twagiranye n’uyu muhanzi yadutangarije byinshi bijyanye n’umuziki we. Amazina yiswe n’ababyeyi ni Inshuti Prosper akaba akoresha Kane…

shadow

Mu ijoro ry’uyu wa Gatandatu tariki 20/10/2018 i Kigali muri Intare Conference Arena hatangiwe ibihembo byubashywe ku mugabane ‘African Movies Academy Awards’, filime ‘Five Fingers For Marseilles’ yegukanye ibihembo bitanu muri irushanwa. Ibi birori byitabiriwe n’abakinnyi ba filime bafite amazina akomeye,…