Kamonyi:Akayabo kimitungo ihwanye na 111.389.000 Frw katanzweho ingwate kugirango baburane badafunzwe murubanza CMB RDP0078-81/2023 rwa SRMC ku rupfu rwa Ndayizeye Jean de Dieu.

Iburanwa ry’urubanza  CMB RDP 0078-81/2023  Bitanye ba Mwana   mu “ Ikirego cy’ubushinjacyaha ruregwamo SRMC  ku rupfu rwa Ndayizeye Jean de Dieu  bajugunye umurambo we kugasi ka Bugoba ! Umurambo uharirwa Nshimiyimana Théophile aho parrain ya mwihakanye rugikubita,ndetse handikwa n’ibaruwa ivuguruza…

Abagiye inama Imana irabasanga!

Abagiye inama Imana irabasanga!   Mu Ukuboza 1987  umusaza Muramutsa amazina ye bwite akaba Kanyarushoki atanga igitekerezo agira ati “ iyo haricyo uharanira byitwa gukotana!” Ati “ubu muri Inkotanyi, izina ryemezwa rityo, bakomeza gukotana, batora abayobozi mu nzego zitandukamye, bashimangira amahame…

KAMONYI: Haravugwa ruswa y’arenga Miliyoni 172.800.000 Frw mu bucukuzi bw’amabuye mu myaka itatu.

KAMONYI: Haravugwa ruswa y’arenga Miliyoni 172.800.000 Frw mu bucukuzi bw’amabuye mu myaka itatu. Hagamijwe kurwanya akajagari mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Rwanda, Leta ibinyujije mu kigo gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro RMB (RWANDA MINES, PETROLEUM AND GAS BOARD) yategetse ko abakora…

Kamonyi: Amashirakinyoma ku ifungwa rya Amini Jean Paul, DASSO utuye I Gihara!

Kamonyi: Amashirakinyoma ku ifungwa rya Amini Jean Paul, DASSO utuye I Gihara! Hashize iminsi hatangajwe inkuru yacicikanye ku musozi wa Runda isakara mw’itangazamakuru ko umudaso ukorera ku kagali ka Gihara yasambanyije umwana utaragira imyaka y’ubukure . Uyu uregwa yatawe muri yombi na RIB Station ya…

Abayobozi bakuru b’Ingabo na Polisi by’u Rwanda bakiriye bagenzi babo bo muri Mozambique

Abayobozi bakuru b’Ingabo na Polisi by’u Rwanda bakiriye bagenzi babo bo muri Mozambique Abayobozi bakuru b’inzego z’umutekano mu Rwanda bakiriye bagenzi babo bo muri Mozambique bagirana ibiganiro byibanze ku kureba intambwe imaze guterwa mu kurwanya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado. Ibi biganiro byabereye…

Kamonyi : Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere Ka Kamonyi yagenze runono abapolisi babiri bakekwaho imyitwarire iteye impungenge kandi inyuranyije n’indangagaciro bafatwa batarenze umutaru!

Kamonyi : Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere Ka Kamonyi yagenze runono abapolisi babiri bakekwaho imyitwarire iteye impungenge kandi inyuranyije n’indangagaciro bafatwa batarenze umutaru! Amakuru aturuka  mu murenge wa Rukoma  aho bafatiwe yemeza ko aba ba polisi uko ari babiri, kugeza ubu umwirondoro…

Kamonyi: Amasaha asaga 120 y’amateka ku Musozi wa Binyeri umurambo wa Majyambere Festo utarava mu kuzimu!

Kamonyi: Amasaha asaga 120 y’amateka ku Musozi wa Binyeri umurambo wa Majyambere Festo utarava mu kuzimu! Ku musozi wa Binyeri uherereye mu mudugudu wa Mubuga, akagali ka Murehe, mu murenge wa Rukoma aho iriduka ry’ikirombe ryagagaraje ko umuturage ari ku isonga, abayobozi b’akarere basohotse mubiro…

Runda: Dr Nahayo Sylvère Mayor wa Kamonyi ATI “Ngire icyo mbasaba Besamihigo ba Kamonyi, iterambere rirambye mwongereho Ubumwe n’ubufatanye!”

Runda: Dr Nahayo Sylvère Mayor wa Kamonyi ATI “Ngire icyo mbasaba Besamihigo ba Kamonyi, iterambere rirambye mwongereho Ubumwe n’ubufatanye!” Ubwo yasuraga abaturage b’umurenge wa Runda mu nteko rusange y’abaturage bateraniye muri centre ya Gihara kuri uyu wa kabiri taliki ya 30…