
Barindwi bo mu mutwe wa FDLR banze kuva ku izima barasiwe i Busasamana ku mupaka wa Rubavu mu ijoro ryakeye

Ubuyobozi bw’ akarere ka Rubavu buratangaza ko abarwanyi barindwi bikekwa ko babarizwaga mu mutwe wa FDLR baraye barasiwe mu Murenge wa Busasamana uhana imbibi na Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo ubwo bashakaga kwinjira mu Rwanda mu ijoro ryo kuri iki cyumweru rishyira ku wa mbere, ahagana saa sita z’ijoro.…