Abaturage ba Nyarubaka bati, “muri 2050 abana bacu bazaba bari muri paradizo kuko ubuyobozi budufasha kwiteza imbere.”

SACCO DUSIZE UBUKENE NYARUBAKA (SADUNYA) n’ikigo cy’imali cyatangiye ari koperative muri 2009 gifite abanyamuryango 519 n’imigabane fatizo miliyoni mirongo itanu 50,000,000 frw, bakoreshwa umukozi umwe. Cyemerwa n’ikigo cya RCA gihabwa ubuzima gatozi kugeza ubwo cyemererwa no gutanga inguzanyo na Banki Nkuru…

Kamonyi wambaye ikirezi cyera harimo ibuye rya Nyarubaka na zahabu ya Gihinga mu Ryabitana!

Iterambere rya Kamonyi mu by’ubukungu, ibyiza nyaburanga, ubuzima buzira umuze b’irinda COVID19 niyo mpamvu yatumye Akarere ka Kamonyi m’ubufatanye n’urugaga rw’Abikorera batumira itangazamakuru ngo ry’ihere ijisho aho bageze mu bikorwa nkuko babyiyemeje mu kivugo cyabo ngo n’Abesamihigo, koko imvugo…

Ihohoterwa rikorerwa abagore ntirikwiye kwamaganwa k’umunsi wabigenewe gusa.

Muri iki gihe kitoroshye isi ndetse n’u Rwanda rudasigaye birimo byo guhangana na Covid-19, bytumye imirimo imwe nimwe ihagarikwa,ahandi bagabanya abakozi mu bigo bitandukanye mu Rwanda,ibi bikaba byarakuruye ihohoterwa by’umwihariko mu miryango y’abakora umirimo itandukanye.   Mu gihe u Rwanda ndetse n’isi…

Abasigajwe inyuma n’amateka bafite ubumuga baracyakorerwa ivangura

Bamwe mu basigajwe inyuma n’amateka bafite ubumuga batangaje ko hari ubwo bahohoterwa, akenshi babaziza uko bavutse, bityo bikabangamira uburenganzira bwabo harimo kudahabwa uko bikwiriye serivise z’ubutabera n’iz’ubuzima. Ibi babitangaje mu gihe isi iri mu kwezi kwahariwe kurwanya ihohoterwa…

Nyamyumba : Baratabaza ubuyobozi nyuma yo gusenyerwa amazu yabo batarishyurwa!

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyamyumba, akagari ka Busoro mu karere ka Rubavu baratabaza ubuyobozi nyuma y’uko amazu yabo asizwe mu manegeka nyuma yo gukora umuhanda ugana kuri gas methane. Ibi bibaye mugiye imvura idahwema kugwa ari nyinshi muri uyu murenge ikaba ishobora no gushyira mukaga ubuzima…