HOTUBA YA UFUNGUZI YA WAZIRI WA KATIKA NA SHERIA MHE. PROF. PALAMAGAMBA KABUDI (MB) KWENYE KIKAO KATI YA WIZARA YA KATIBA NA SHERIA NA MTANDAO WA WA WATETEZI WA HAKI ZA BINDADAMU NCHINI TANZANIA (TANZANIA HUMAN RIGHTS DEFENDERS COALITION- THRDC) TAREHE 3 JUNI, 2021 KWENYE UKUMBI YA WIZARA YA KATIBA NA SHERIA, MTUMBA

HOTUBA YA UFUNGUZI YA WAZIRI WA KATIKA NA SHERIA MHE. PROF. PALAMAGAMBA KABUDI (MB) KWENYE KIKAO KATI YA WIZARA YA KATIBA NA SHERIA NA MTANDAO WA WA WATETEZI WA HAKI ZA BINDADAMU NCHINI TANZANIA (TANZANIA HUMAN RIGHTS DEFENDERS COALITION- THRDC) TAREHE 3 JUNI, 2021 KWENYE UKUMBI YA WIZARA YA KATIBA NA SHERIA, MTUMBA 1.…

Kamonyi: MUSABYIMANA Claver Aratakambira ubuyobozi kubera akarengane yakorewe n’umwishywa we!

MUSABYIMANA Claver w’imyaka 61 utuye mu murenge wa Rukomo, akarere ka Kamonyi aratakambira ubuyobozi ku karengane yakorewe n’umwishywa we TWAGIRIMANA Claude ndetse ubuyobozi bukaba ntacyo bwabikozeho. Kuwa 21/4/2021 nibwo umwishwa we yamutemye ukuboko akoresheje umuhoro arakomereka cyane ajyanywa mu bitaro bya…

U Rwanda rwahumurije Abanyekongo bahunze iruka rya Nyiragongo

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Jean Marie Vianney Gatabazi, yasuye Abanyekongo bahungiye mu Rwanda mu ijoro ryo ku wa 22 Gicurasi 2021, kubera iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo abizeza ko Leta y’u Rwanda ibahumuriza kandi ibari hafi. Abanyekongo bahungiye mu Rwanda babarirwa mu bihumbi umunani harimo…

shadow

Kuri uyu wa Gatatu Perezida Museveni yarahiriye kongera kuyobora Uganda ku nshuro ya karindwi. Abantu barenga 4000 nibo bitabiriye ibirori byo kurahira kwa Perezida Yoweri Museveni byabereye mu murwa mukuru wa Uganda, Kampala ahitwa Kololo. Ni umuhango witabiriwe n’abakuru b’ibihugu by’ Afurika batari bake…

shadow

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yakoze impinduka mu myanya itandukanye mu gisirikare, aho bamwe bazamuwe mu ntera, abandi bahabwa imyanya yiganjemo iy’ushinzwe ibikorwa bya gisirikare muri Ambasade z’u Rwanda zitandukanye. Mu mpinduka zatangajwe mu itangazo…

shadow

Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza, ari muri Tanzania mu ruzinduko rw’akazi aho yahuye na mugenzi we uyobora Polisi yo muri icyo gihugu IGP Simon Nyakoro Sirro banagirana ibiganiro. Uru uruzinduko rwari rugamije gukomeza gushimangira imikoranire isanzwe hagati ya Polisi z’ibihugu byombi kuko kuva mu…

shadow

Muri iki gitondo cyo kuwa 29 Mata 2021, mu karere ka Rutsiro mu ntara y’Iburasirazuba uwitwa Uwimana Jean Pierre yagize impfubyi abana be ubwo yakubitaga umugore we umwase mu mutwe. Aho atuye murenge wa Murunda mu Karere ka Rutsiro , mu kumenya icyatumye uyu mugabo yivugana umugore , Ikinyamakuru Mont Jali News…