shadow

Uwahoze akinira ikipe ya Manchester United wanayigiriyemo ibihe byiza, Paul Scholes, yavuze ko yatunguwe no kubona umutoza Jose Mourinho ageze uyu munsi atarirukanwa ndetse ko akomeje gusebya ikipe ya Manchester United kubera amagambo akomeje gutangaza. Mu ijoro ryakeye, uyu mugabo usigaye akora ubusesenguzi kuri…

shadow

Filime ‘Mulholland Drive’ yaje ku isonga ry’izibarirwa mu ijana zahize izindi mu kinyejana cya 21 nk’uko bigaragazwa n’urutonde rwakozwe na BBC. Iyi filime yayobowe n’Umunyamerika David Lynch w’imyaka 70, yagiye hanze mu mwaka wa 2001. BBC yatangaje ko mu gukora uru rutonde harebwe filime zose zasohotse…

shadow

Nzaramba Eric wamamaye nka Senderi International Hit yaririmbiye abanyeshuri ba kaminuza ya UNILAK mu muhango wo kwinjiza intore mu zindi. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Ukwakira 2018 aho Senderi ari we muhanzi waririmbiye abanyeshuri bitabiriye uyu muhango wo guha ikaze intore mu zindi, bivuze kwakira…

shadow

Ku bakunze gutemberera ku kiyaga cya Kivu, mu Karere ka Rubavu, ntibiba byoroshye kuhava utageze ku mazi y’akazuyazi apfupfunyuka mu butaka yitwa ‘Amashyuza’. Ni amazi abasheshe akanguka n’abayatuririye bemeza ko avura amavunane, rubagimpande, indwara z’uruhu n’izindi. Nyuma y’urugendo rw’iminota 30…

i Dakar, Umujyi ubumbatiye amateka y’abakurambere ba Afurika

shadow