shadow

Nyakwigendera H.E Nelson LOLILO MANDELA YARATABARUTSE Intwali y’Ikirenga y’Afurika yepfo yaratabarutse Taliki ya 05 Ukuboza Ishyingurwa I Kunu kuri Gakondo taliki ya 15 Ukuboza 2013 . Isomo k’ubuzima bwa Nyakwigendera Nelson LOLILO Mandela Umunyapolitiki, w’umwunzi, umuhanga, umujyanama, umwalimu, impirimbanyi…

shadow

Diamond Platnumz yahakanye ibivugwa ko yaba yaratangiye kwingingira Zari Hassan babanaga kumuha imbabazi, yemeza ko nubwo amaze iminsi akora ingendo muri Afurika y’Epfo aba yagiye guhura n’abana babyaranye gusa. Urukundo rw’aba bombi rwageze ku ndunduro ku wa 14 Gashyantare 2018, ku munsi wahariwe abakundana…

shadow

Nyuma yaho Leta y’u Rwanda ishyiriyeho gahunda y’icyerekezo 2020 kigamije guteza imbere ikoranabuhanga no guteza imbere ubukungu bushingiye ku bumenyi, havutse ibigo bitandukanye bigamije guteza imbere ikoranabuhanga bityo ababishoyemo imari batangira gukirigita ifaranga. Ikoranabuhanga ubu ryatangiye no gukoreshwa…

shadow

Ibikoresho by’ikoranabuhanga bitunganyirizwa mu ruganda Enviroserve Rwanda Ltd Ibyo bikoresho birimo telefoni, mudasobwa, inyakiramajwi, insakazamajwi, inyakiramashusho n’insakazamashusho n’ibindi bikoresho koranabuhanga n’ibikoresha umuriro w’amashanyarazi cyangwa ingufu zikora nka wo. Kugira ngo umwuga wo…

shadow

Facebook Inc. yatangaje ko yatahuye ko muri iki cyumweru yari abantu banyuze mu rihumye iki kigo, bakinjira muri konti zigera muri miliyoni 50 z’abakoresha uru rubuga nkoranyambaga. Iki kigo cyatangajeko ikibazo cyagaragaye ku wa Kabiri, ndetse cyahise kimenyesha abashinzwe umutekano bakaba bari kubikurikirana.…

shadow

Mu gihe byari bisanzwe bimenyerewe ku zindi mbuga nkoranyambaga zirimo Whatsapp na Facebook, Ubuyobozi bwa Twitter, bwatangaje ko buri gukora igerageza ku buryo buzajya butuma umenya niba umuntu ukurikira ari ku rubuga ako kanya (online). Umuyobozi mukuru wa Twitter, Jack Dorsey, ku wa Gatanu yatangaje ko uretse ubu…