Nyakubahwa Koresha ububasha muhabwa n’itegeko mugamburuze WASAC ikureho ibiciro bihanitse by’amazi yashyizeho.Amazi n’Ubuzima kuzamura ibiciro kwa WASAC n’ukubangamira umuturage, akazongera kuvoma ibirohwa! Hashize iminsi WASAC izamuye ibiciro by’amazi, abaturage batandukanye babitangaho ibitekerezo,…
Callixte Nsabimana m’urukiko rw’ibanze rwa Kacyiru aburana ku ifunga n’ifungurwa by’agateganyo. (photo internet) Itabwa muri yombi rya Callixte Nsabimana ryashyize umucyo ku mayobera yari hagati y’ishyamba rya Nyungwe,u Burundi n’ubufasha ku nzira umutwe wa FLN ukoresha mu guhungabanya umutekano…
Gukora sport ni bimwe mubyo tugirwaho inama na muganga kuko bigira ingaruka nziza k’ubuzima bwacu , bishobora kudufasha kwirinda indwara ndetse no gukira zimwe muzo twari turwaye.inzobere mu by’ubuzima zagaragaje bimwe mu bintu birindwi sport ishobora kudufasha : 1.Irinda indwara y’umutima Gukora sport…
Ets Kalinda ikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro yagejejwe imbere y’ubutabera kubera impanuka yahitanye umukozi we I Gishyeshye!
Urukiko rw’Ibanze rwa Gacurabwenge rwatangiye kuburanisha urubanza ku ifunga n’ifungurwa by’agateganyo aho ubushinjacyaha burega Ets Kalinda VALENS kutuzuza inshingano no kutagira ibikoresho bihagije bigateza impanuka mu kirombe giherereye mu karere ka Kamonyi umurenge wa Rukoma mu Kagali ka Gishyeshye…