Kayumbu: urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha bwasuye abaturage.

Umuhigo w’Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha n’uguha abaturage serivisi nziza ( R.I.B ) ikabasanga aho batuye ikabigisha , bakitandutakanya n’icyaha, kuwa 6 Ugushyingo 2019 yagiye mu karere Kamonyi Umurenge wa Kayumbu ndetse hiyongeraho na Nyarubaka bahabwa ijambo ngo bavuge ikibari k’umutima binigure…

Koperative ya Munyakayanza Andereya (KAMOTRACO) yihaye ububasha bwa Polisi ishami ry’ibinyabiziga!

Koperative ifite ikicaro ku Ruyenzi, Umurenge wa Runda, Akarere ka Kamonyi, Intaray’Amajyepfo, igizwe n’abanyamuryango 304 nkuko byatangajwe na Perezida wayo Munyakayanza Andereya ubwo hateranaga inama rusange kuwa 30 Ukwakira 2019 itegeganywa n’iteka numero 2/2019 rishyiraho urugaga rwabakora akazi ko gutwara…

“Bisaba ko aba banyamwuga bahora bakurikirana bakamenya igikenewe ku nyungu z’abagana amavuriro”

Mu nama y’iminsi ibiri ibahuje n’Urugaga rw’Abahanga mu by’Imiti mu Rwanda, APAF isesengura ku iterambere ry’umwuga wabo bafatanyije mu gukorana n’izindi n’inzego bahurira ku buzima by’umwihariko abavura n’abatanga imiti ,bifatanyije n’Ishyirahamwe ry’Abahanga mu by’Imiti b’Abanyafurika…

shadow

Bamwe mu baturage b’akarere ka Huye barashima serivisi bahabwa kuva ku rwego rw’umudugudu kugeza ku kagari gusa bakavuga ko banenga serivisi zitangwa n’urwego rw’umurenge. Mont Jali News yasuye umurenge wa Mukura, umudugudu  w’Icyeru dusanga abaturage biganjemo abagabo n’abagore bari gukora umuhanda…

shadow

Ubwiza nyaburanga uhereye ku musozi utuyeho ! Akarere ka Huye  ni kamwe mu turere dutandatu twunganira umujyi wa Kigali , kakaba kisangije amateka y’uburezi; ni ho hari igicumbi cy’ Uburezi, habarizwa kaminuza  4 ari zo Kaminuza y’u Rwanda Ishami rya Huye, IPRC South, CUR ( Catholic University of Rwanda) na…

shadow

Abanya Kigese aho avuka baramushaka ngo aze yitabe inkiko anishyure imitungo yasahuye, anagaragaze aho imirambo y’abatutsi bari mu Nkambi za Byumba yayoboraga yayishyize. Jean Vivien HABYARIMANA yavukiye mu Cyahoze ari Komini Runda, muri secteur Kigese , akaba mwene Habyalimana Augustin  (Hutu) na Nyina MUKANDUTIYE…

shadow

  Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Bugesera, umurenge wa Shyara, akagali ka Rutare bavuga ko kuba ahanini batakiganiriza abana babo ibirebana n’Umuco biterwa n’indimi z’amahanga abana bigishirizwa ku ishuri bataha guhuza ikiganiro bikagorana. Bavuga ko kera Umuco utaracika umwana yavaga ku ishuri agataha…

shadow

  Mbaje gushima Imana yaturinze twese mu bihe  bikomeye byatambutse itwigaragariza mu bihe nkibi tukibasha kuzamura amashimwe  n’ubu ikaba ikiturambuyeho ibiganza byayo kuko iri kuruhande rwacu. Bavandimwe nshuti nkunda,basangirangendo duhuriye mu mwuga w’itangazamakuru, mu nyemerere mbashimire mbikuye…

shadow

Urubanza n’ifatwa rya Nsabimana Callixte alias Maj Sankara, wagejejwe imbere y’ubutabera agahita yemera ibyaha 16 aregwa n’ubushinjacyaha yahawe iminsi mirongo itatu (30 jrs) yigifungo muri Gereza, dore ko ugukanira ariwe umenya urugukwiye,ryashyize iherezo n’impaka ku bitero n’amatangazo byitiriwe Nyabimata…