shadow

Kuri uyu wa 11 Kamena 2019 mu kagali kabagera umudugudu wa  Muhambara na Bwirabo bakiriye Maire w’Akarere ka Kamonyi Madamu Alice Kayitesi mu nama Rusange y’Abaturage isanzwe iterana buri wa kabiri iyo bakunze kwita bose babireba,aherekejwe n’abakozi b’Akarere .Umunyamabanga Nshingwa bikorwa…

shadow

Rayon Sports yegukanye igikombe cya shampiyona y’uyu mwaka w’imikino mu Rwanda nyuma yo gutsinda ikipe ya Kirehe FC ibitego 4-0. N’umukino utari woroshye  kuko ikipe yakirehe  gutsinda uyu mukino byari kuyongerera ikizere cyo kuguma mu kiciro cyambere muri shampiyona y’u Rwanda    naho Rayon Sport ikaba…

shadow

Kuvamo kw’inda itaragera igihe cyo kuvuka (miscarriage) bishobora guterwa n’impamvu zitandukanye ahanini zishingiye ku mibereho y’umuntu ku giti cye cyangwa imitereren’imikorere y’umubiri we. Zimwe mu mpamvu zishobora gutera inda kuvamo, harimo nko kuba umwana uri mu nda atameze neza cyangwa se kuba…

shadow

Imiburu ni uduheri duto tuza mu bwanwa cyangwa ahandi hantu nyuma y’iminsi mike iyo umuntu yogoshwe cyangwa yiyogoshe akamaraho umusatsi cyangwa ubundi bwoya bitewe n’igice cy’umuburi yahisemo kogosha. Utu duheri dukunze kugaragara cyane cyane ku bagabo nko mu bwanwa, igice gihuriweho kandi kiri ahagaragarira…

shadow

Inzira yari inzitane “nafunzwe ndi umunyamakuru kandi ntashye ndi    umunyamakuru bisobanura ko ntacitse intege na gombaga gukomeza umwuga wanjye.Turabashimiye ko mwadufashe akaboko. Kuwa 25 Ugushyingo 2018 Mont Jali News imaze imyaka itanu isohoye numero ya mbere ,Ubuyobozi bwa Mont Jali News bufashe uyu mwanya…

shadow

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda Dr. Richard Sezibera atangaza ko Abanyarwanda bakwiye kumva ko bafitanye umubano mwiza n’ibihugu bitandukanye ahanini ngo uyu mubano ukaba ushingiye ku bintu bitatu aribyo ubufatanye, ubwumvikane n’ubwubahane. Ibi Dr. Sezibera yabitangarije mu…

shadow

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gakenke barinubira akarengane bavuga ko bakorerwa na Leta binyuze mucyo yise kubakorera amaterasi (Gutrasa, imvugo ikoreshwa n’aba baturage). Aba baturage bavuga ko baranduriwe imyaka kenshi yewe ngo bagerageza no kuvuga bagacecekeshwa. Bamwe mu baganiriye na montjalinews batifuje ko…