Rwanda:Indwara zitandura nizo ziza ku mwanya wa mbere mu birimo guhitana Abanyarwanda.
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, avuga ko n’ubwo hari indwara nka Malariya zagabanutse ku kigero cyiza, ariko nanone indwara zitandura nk’umutima, kanseri na diyabete arizo zirimo guhitana Abanyarwanda benshi. Yabitangaje tariki ya 28 Gashyantare 2023, ubwo yatangaga ishusho y’uko ubuzima bwifashe,…