Kamonyi: “urupfu rwa Mujawayezu Madeleine bikekwa ko rushingiye ku makimbirane n’imitangire mibi ya service y’ubutaka muri Kamonyi.
Kamonyi “urupfu rwa Mujawayezu Madeleine bikekwa ko rushingiye ku makimbirane n’imitangire mibi ya service y’ubutaka muri Kamonyi. Ntabyinshi bihinduka muri iyi nkuru twakoze mbere kuya 3/4/2023 ahubwo twabonye amakuru y’inyongera arimo UPI 2/08/11/07/3632 yiwabo wa Mujawaliya Madeleine…