”Abasangira ubusa bitana ibisambo!”
Badrama n’abanyamuziki mu mayira abiri,ubwo yashoye akayabo mu muziki ngo awuteze imbere ariko nawe yifuzaga inyungu kandi ibi ntabwo bishobora kubaho ku muntu udakunda umuziki. Kuva mu mwaka wa 2016 Bad Rama yafunguye inzu ifasha abahanzi ya The Mane, yazanye umurindi mu muziki w’u Rwanda ku buryo n’ibitari…