Perezida Kagame ati” Ingabo z’u Rwanda zifite amateka yihariye”
Bugesera mu ishuri rya Gisirikare I Gako , umugaba mukuru w’ingabo ubwo yakiraga indahiro z’intwazangabo 721 zirimo abakobwa 74 mu byiciro bitatu bitandukanye, aha yagarutse ku nshingano z’ingabo z’u Rwanda mu kubaka amateka yazo, abishimangira muri ayamagambo ati “Ingabo z’u Rwanda zifite amateka yihariye,…