Perezida Kagame ati” Ingabo z’u Rwanda zifite amateka yihariye”

Bugesera mu ishuri rya Gisirikare I Gako , umugaba mukuru w’ingabo ubwo yakiraga indahiro z’intwazangabo 721 zirimo abakobwa 74 mu byiciro bitatu bitandukanye, aha yagarutse ku nshingano z’ingabo z’u Rwanda mu kubaka amateka yazo, abishimangira muri ayamagambo ati “Ingabo z’u Rwanda zifite amateka yihariye,…

Charles N. Lambert yatangije urugamba rwo kubaho bwa kabiri kwa Afurika

Umuyobozi w’intambara ya mbere y’ubukungu bw’Afurika igamije ukwigenga kwa Afurika mu bukungu Bwana Charles N. Lambert yatangije ibikorwa bigamije ukuvuka gushya kwa Afurika kuzwi kandi ku izina rya Afurika yongeye kubaho binyuze muri gahunda nshya y’ubukungu izwi nka Compassionate Capitalism Lambert avuga ko…