Prof Shyaka Anasthase ati “Ngira ngo ntawe uhisha uwo ahishaho, ariko tubivuge tubyatuye”!
“Ngira ngo ntawe uhisha uwo ahishaho,ariko tubivuge tubyatuye, hari iyo mico mibi y’abantu barimo gushinyagurira abavandimwe bacu bahuye n’ibi bibazo, ari ukuba barishe amategeko, ari no kuba bagezweho n’ibiza bagashaka kubikoresha babigira nk’ibintu bya politiki nk’aho bagiye kubigira ikibazo,ariko wajya…