“Agapfa kaburiwe n’Impongo”
Ihohoterwa rikorerwa abana n’abangavu ubuyobozi bwa RIB Bwerekejeyo urumuli,kuko uwububa abonwa n’uhagaze Kalihangabo yavuze ko “Urwego rw’ubugenzacyaha rutazihanganira na rimwe ibi byaha by’abasambanya abana n’abangavu ku gahato, ikindi ni ugusaba abagabo gushishikariza abantu bose kumenya ko iki cyaha…