shadow

Urugo rwari urw’umugabo witwa Haridi wahise atabwa muri yombi n’inzego z’umutekano akaba afungiye kuri Sitasiyo ya Runda Ku italiki ya 03 Mutarama 2019, ubwo  Abafundi bacukuraga fondasiyo bubaka baguye ku cyobo cyarimo imibiri y’abantu 11 batamenyekanye , mu kagali ka Gihara, umurenge wa Runda, mu Karere…

shadow

Kuri uyu wa kane tariki ya 10 Mutarama 2019, Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangije mu gihugu hose ibikorwa byo kurwanya abamotari batagira ibyangombwa, ahanini ngo usanga ari nayo ntandaro yo gukora ibinyuranyije n’amategeko bikaba byanatera impanuka. Ubwo hatangizwaga iki gikorwa,…