Imyaka itatu irashize umushinga wo kubyaza amashanyarazi n’ifumbire ikimoteri cya nduba udindizwa n’umujyi wa Kigali kubera amananiza ashyirwa ku bashoramari
Ikimoteri cya Nduba kigiye kwambika Ubusa Min. Claver Gatete kubera amabwiriza aha umujyi wa Kigali Amakuru agaragaza ko kugeza ubu umujyi wa Kigali wimye isosiyete y’abanayarwanda amasezerano nyuma y’ipiganwa ryakozwe n’amasosiyete atatu harimo iyo muri Afurika y’Epfo, Ibirwa bya Maurice na…