shadow

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente kuri uyu wa Kabiri tariki ya 04 Ukuboza 2018, yagejeje ku Nteko (imitwe yombi) Raporo ikubiyemo gahunda ya Guverinoma ku byereke kubaka imihanda mu gihugu, ibyakozwe n’ibiteganywa gukorwa, anavuga ko Leta yiyemeje ko imihanda yose ya kaburimbo izubakwa mu myaka irindwi iri…