![](https://i0.wp.com/www.montjalinews.org/wp-content/uploads/2018/11/Gasana.jpg?resize=645%2C430&ssl=1)
Guverineri Gasana Emmanuel ati : “Nshingiye ku izina Abesamihigo, ntabwo byari bikwiye ko hari umuturage utagira ubwiherero”
![shadow](https://www.montjalinews.org/wp-content/themes/warta/img/shadow.png)
Abanyamabanga cumi na babiri b’imirenge igize akarere ka Kamonyi bongeye kwiyemeza guhigura umuhigo w’ubwiherero bemeye nyuma y’amezi icumi babyemereye Mariya Roza Mureshyankwano wasinbuwe na Gasana Emmanuel uyoboye iyi ntara kugeza ubu, izi ntumwa 12 z’akarere mu mirenge zikaba zongeye guhiga ko bitarenze…