shadow

Abanyamabanga  cumi na babiri b’imirenge igize akarere ka Kamonyi bongeye kwiyemeza guhigura umuhigo w’ubwiherero bemeye nyuma y’amezi icumi babyemereye Mariya Roza Mureshyankwano wasinbuwe na Gasana Emmanuel uyoboye iyi ntara kugeza ubu, izi ntumwa 12 z’akarere mu mirenge zikaba zongeye guhiga ko bitarenze…

shadow

Abamotari bakorera umwuga wabo mu mujyi wa Kigali baravuga ko akenshi barenganywa bagahanirwa n’amakosa adakwiye  kuko batayabona nk’ikosa cyangwa gukora ibinyuranyije n’itegeko. Bavuga ko hari ubwo uhanwa ngo utwaye umuntu ufite umuzigo, kandi wenda ako kantu atwaye kari gato ku buryo bitakubuza kumugeza iyo…