shadow

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda Dr. Richard Sezibera atangaza ko Abanyarwanda bakwiye kumva ko bafitanye umubano mwiza n’ibihugu bitandukanye ahanini ngo uyu mubano ukaba ushingiye ku bintu bitatu aribyo ubufatanye, ubwumvikane n’ubwubahane. Ibi Dr. Sezibera yabitangarije mu…

shadow

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gakenke barinubira akarengane bavuga ko bakorerwa na Leta binyuze mucyo yise kubakorera amaterasi (Gutrasa, imvugo ikoreshwa n’aba baturage). Aba baturage bavuga ko baranduriwe imyaka kenshi yewe ngo bagerageza no kuvuga bagacecekeshwa. Bamwe mu baganiriye na montjalinews batifuje ko…